Abana basaga 800 bamaze guhugurwa ku muco nyarwanda

Abana basaga 800 bamaze guhugurwa ku muco nyarwanda

Ubuyobozi bw’Inteko y’Umuco bwatangaje ko kuva hajyaho gahunda yiswe “Ibiruhuko mu Ngoro z’Umurage” igenewe abana baturiye ingoro ndangamurage, imaze guhugura abasaga 800 ku muco w’u Rwanda. Ibi byatangajwe mu gikorwa…
Uturere twatsindishije neza mu bizamini bya Leta

Uturere twatsindishije neza mu bizamini bya Leta

Minisiteri y’Uburezi yatangaje amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye igaragaza ko uturere turimo amashuri yatsindishije neza tuyobowe na Kirehe Abanyeshuri bakosowe mu bizamini by’amashuri abanza…
Umunyeshuri yakoreye ibizamini bya Leta  mu Bitaro

Umunyeshuri yakoreye ibizamini bya Leta  mu Bitaro

Adeline Niyonagize, urimo gusoza icyiciro cya kabiri cy’amashuri yisumbuye, yakoze ibizamini bya Leta mu Bitaro kuko aheruka gukora impanuka, akavunika ukuguru. Uyu munyeshuri w’imyaka 20 kuri ubu ufite sima ku…