Shema Fabrice yemeye guhara umushahara we muri FERWAFA

Shema Fabrice yemeye guhara umushahara we muri FERWAFA

Shema Ngoga Fabrice wiyamamariza kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), yemeje ko nta mushahara azafata, ahubwo ibihumbi 200$ yari kuzahembwa mu myaka ine, aziyongera ku yo kuzamura impano z’abato.…
Muhanga: Bagiye kwiba amabuye, umwe abigwamo

Muhanga: Bagiye kwiba amabuye, umwe abigwamo

Minani Evariste bahimbaga Nyatura ni we bivugwa ko yari ayoboye igitero cyo kwiba amabuye y’agaciro kuri Kampani iyacukura. Iki gikorwa cy’urugomo cyabereye mu Murenge wa Mushishiro, aho itsinda ry’abahebyi barenga…
Abana basaga 800 bamaze guhugurwa ku muco nyarwanda

Abana basaga 800 bamaze guhugurwa ku muco nyarwanda

Ubuyobozi bw’Inteko y’Umuco bwatangaje ko kuva hajyaho gahunda yiswe “Ibiruhuko mu Ngoro z’Umurage” igenewe abana baturiye ingoro ndangamurage, imaze guhugura abasaga 800 ku muco w’u Rwanda. Ibi byatangajwe mu gikorwa…